Home Blog
Uwahoze ari Kapiteni wa Mukura Vs yameneye ibanga Rayon Sport kugirango izabashe kuyikuraho amanota 3
Ciza Hussein yaje muri Rayon Sports muri Kamena 2019 avuye muri
Mukura VS yari amazemo imyaka 6 yose anayibereye kapiteni bivuze ko
asobanukiwe neza aho iyi kipe ikomeye ndetse n’aho ikunda kugira
imbaraga nkeya.
Yagize ati “Nzi Mukura, ni ikipe ugomba kubaha. Ni ikipe
ikina umupira wo hasi kandi ikinisha imbaraga. Tugomba kubabuza gukina...
Umuhanzi uzataramira abanyarwanda muri East African Part yamenyekanye
Nkuko bimenyerewe ko buri ntangiriro z'umwaka abanyarwanda bataramirwa,byamaze kwemezwa ko mugutangira umwaka wa 2020 muri Kigali Arena ati ho umuhanzi The Ben azataramira imbaga y'abanyarwanda ubwo azaba ari kwitariki yambere mutarama nunishimira umwaka mushya.
Ibi bikaba bimaze kuba akamenyero doreko ari kunshuro ya 12 ibi bitaramo bitegurwa aho muntangiriro zuyu mwaka icyamamare Ngabo Meddy...
Abafana ba Liverpool bahaye urwamenye Zidane wari woherereje ubutumwa mugenzi we Jurgen Klopp
Real Madrid yasezerewe muri 1/16 na Ajax muri Champions League iheruka inyagiwe ibitego 5-2 mu mikino yombi,igomba gutombora imwe mu makipe y’ibigugu yarangije ku mwanya wa mbere mu itsinda arimo na Liverpool.
Zidane yagize ati “Nidukina na Liverpool tuzayisezerera.Ntacyo twakora kuri tombola.”
Real Madrid yananiwe kwigaranzura PSG...
Nyuma yo guteza impagarara hagati ya Asinah na Bruce Melody ,ya ndirimbo yasohotse
Umuhanzi Bruce Melody nyuma yo kugirana amakimbirane akomeye n'umuhanzikazi Asnah Erra aho bapfaga indirimbo iyo ndirimbo yamaze kujya hanze.
Nkuko byavuzwe cyane muminsi ishize Umuhanzikazi Asinah Erra yatangaje ko hari indirimbo yakoranye n'umuhanzi Bruce melody aho iyo ndirimbo yakozwe n'umuproducer wo muri Nigeria witwa Runtinz .
Cristiano Ronaldo yatangaje ikipe yakwishimira guhura nayo bwa nyuma muri UEFA
Kuwa Mbere taliki ya 16 Ukuboza 2019
nibwo hazaba tombola y’uko amakipe azahura muri 1/16 cya UEFA Champions
League ariyo mpamvu Ronaldo yavuze ko atifuza guhura na Real Madrid
ahubwo yifuza ko bazahurira ku mukino wa nyuma.
Ronaldo yabwiye Sky Italia ati “Real n’ikipe ikomeye cyane ariko umbajije nakubwira ko nifuza guhura nayo nyuma.Nakwifuza...
Umunyarwenya Michael Sengazi nyuma yo kwegukana igihembo gikomeye yahise ajya kucyerekana i Burundi
Umunyarwenya Michael Sengazi, wegukanye igihembo cya Prix RFI Talent Du Rire 2019 mukwezi gushize, Ku Cyumweru tariki 08 Ukuboza 2019 ni bwo yashyikirijwe iki gihembo mu iserukiramuco ry’urwenya Abidjan Capital du Rire ryabereye muri Cote d’Ivoire.
Nyuma yo gushyikirizwa igikombe giherekezwa n’ibihumbi
bine by’Amayero, Sengazi yahise yerekeza mu Burundi aho yavukiye ari naho
ababyeyi be batuye. Yakiriwe...
Mwiseneza Josiane yatangaje impamvu imuhugije muri iyi minsi.
Miss Josiane yagiye kwiga muri INES-Ruhengeri nyuma y’amezi atatu yonyine yari amaze yegukanye iri Kamba.
Miss Josiane avuga ko yahisemo kwiga kaminuza muri INES-Ruhengeri, kubera ko yari asanzwe akunda aka gace k’Amajyaruguru.
Yavuze kandi ko ashishikariza abakobwa kwitinyuka ndetse ngo arimo arabashishikariza kuzitabira irushunwa rya Bright INES-Ruhengeri, rizaba ...
Nyuma y’igihe Jules Ulimwengu agiye kwerikeza muri Asia
Jules Ulimwengu yari amaze amezi agera kuri abiri ategereje
ibyangombwa byo kujya gukora igerageza muri iyi kipe yok u mugabane wa
Asia nyuma y’uko atigeze akinira ikipe ya Rayon Sports muri uyu mwaka
w’imikino bitewe n’ibibazo by’indangamuntu y’u Rwanda bivugwa ko yabonye
mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Ulimwengu yari yaguzwe na Rayon Sports imuha amasezerano...
Imfura y’umuhanzi Humble J wo muri Urban Boyz yabajije amagambo akomeye,bishimisha se
Umuhanzi humble g kuri ubungubu uherereye mugace ka cambodia hamwe n'umuryango we aho bari mubiruhuko abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram maze asangiza abamukurikira ifoto iherekeshe ubutumwa bw’amagambo ari mururimi rw'icyongereza ati:
""Lion where teeth?" Ariella asking this lion statue. Great time in Cambodia with my family "
Reba uko umuneke wakugabanyiriza ibiro
Muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’umubyibuho ukabije aho umuntu usanga afite ibiro by’umurengera nyamara kandi umubyibuho ukabije ni isoko y’uburwayi butandukanye nk’uburwayi bw’umwijima, umutima, umuvuduko w’amaraso, imitsi n’ibindi.
Abantu bafata ingamba zitandukanye ngo bagabanye umubyibuho hakaba abo bikundira abandi bikabagwa nabi, ndetse hari n’abo byanga burundu ntihagire n’ikilo na...